Imyidagaduro

Umuntu ukora ibintu ahubuka ntabwenge ashyizemo yitwa ‘Munyakazi ’

na Arsene Byiringiro September 20, 2026 04:02 PM 15 abakurikiranye 0 ibitekerezo

Umuraperi Bushali yongeye kurikoroza kumbugankoranyambaga nyuma y'ikiganiro yakoranye na The Choice Live mw'ijoro ryashize nyuma yo gusobanura izina " Munyakazi".

Yagize ati: " Ubundi umujeune wese ukora ibintu ashwanyaguza nta bwenge ashyizemo yitwa "Munyakazi" yongeyeho Kandi ko ngo buriya Umukarani ashyizemo ubwenge ntiyaba akikoreye imizigo"

Benshi babifashe nko kubwiza ukuri umuntu,Abandi babifata nko gusatira umuhanzi wiyise iryo Zina.

Benshi bahise batangira kuvuga ko umuraperi Bushali ntanarimwe ajya areka kubwiza ukuri abiyita abahanzi bakomeye mu Rwanda,Dore ko mukiganiro cyose akoze bakamubaza kubahanzi biyita abakomeye ahita abitera utwatsi.

Aaron DUSHIMIMANA/Radio Salus 

Sangiza iyi nkuru

Ibitekerezo (0)

Nta bitekerezo bihari. Ba uwambere gutanga igitekerezo!

Tanga igitekerezo